AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Kigali hateraniye inama y' urubyiruko y'ubuvuzi kuri bose

Yanditswe Mar, 04 2019 11:08 AM | 4,934 Views



Abasore n'inkumi 300 bari hagati y'imyaka 18 na 35 baturutse mu bihugu 21 byo muri Afurika, Aziya n'Uburayi bari mu nama i Kigali, bemeza ko batagize uruhare mu bibakorerwa, intego uyu mugabane ufite wo kugera ku buvuzi kuri bose itagerwaho nk’uko yifuzwa.

Iyi nama ibera i Kigali yiga ku buryo ijwi ry’uru rubyiruko rugize 60% by'abatuye uyu mugabane ryakumvikana, basanga ibi bidakozwe intego yo kugera ku buvuzi kuri bose muri Afrika bitarenze umwaka w’2030 itagerwaho.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage