AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw'Igihugu

Yanditswe Mar, 27 2024 20:08 PM | 162,173 Views



Minisiteri Ishinzwe Impunzi n'Imicungire y'Ibiza, yibukije abayobozi n'abaturage gukomeza kwibera maso, bakitegura gukumira no guhangana n'ibiza bishobora guterwa n'imihindagurikire y'ikirere ikomeje kugaragara mu bice bitandukanye by'Isi no mu Karere u Rwanda ruherereyemo. 

Mu Kiganiro kigufi na mugenzi wacu Jean Paul Maniraho yagiranye na Minisitiri w'iyi Minisiteri, Major General (Rtd) Albert Murasira yavuze ko iyi Minisiteri ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe na tumwe tw'Igihugu, ari nako bakurikiranira hafi ahantu hose bakeka ko haba intandaro y'ibiza.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage