AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Min. Munyeshyaka avuga ko ibyoherezwa hanze byiyongereyeho 50%

Yanditswe Dec, 28 2017 13:14 PM | 4,562 Views



Minisitiri w'ubucuruzi n'inganda Vincent Munyeshyaka yagiranye ikiganiro n'abagize ihuriro ry'igihugu nyunguranabitekerezo ry'imitwe ya politike mu Rwanda kuri uyu wa kane.

Yababwiye ko Leta y'u Rwanda irimo kureba uburyo ibiciro by'amashanyarazi ku nganda zikora ibikorerwa mu Rwanda byagabanywa ndetse n'umusoro ku bikoresho byabyo bikagagabanuka mu rwego rwo gucyemura ikibazo cy'ibikorerwa mu Rwanda bigihenze.

Avuga ko igabanywa ry'ibiciro by'amashanyarazi kugeza ubu bitagize icyo bitanga kinini nkuko byari byifujwe. Ikindi kandi ngo ni ukorohereza izi nganda zikorera mu Rwanda kubona inguzanyo muri BDF nkuko Minisitiri w'Ubucuruzi n'inganda yabigaragaje.

Avuga ko muri iki gihembwe cya 3 cy'ingengo y'imari y'uyu mwaka wa 2017, ibyoherezwa mu mahanga muri gahunda ya Made in Rwanda byazamutseho 50% mu gihe kandi ibitumizwa mu mahanga byagabanusteho 3.2%

Mu byagabanutseho cyane harimo imyenda ya caguwa yinjira mu gihugu mu gihe imyenda yoherezwa hanze yazamutse.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage