AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

MINALOC yasabye abayobozi b'inzego z'ibanze baherutse gutorwa kwirinda kwegura no kweguzwa

Yanditswe Oct, 04 2022 17:17 PM | 112,949 Views



Minisiteri y'Ibutegetsi bw'igihugu iravuga ko abayobozi b'inzego z'ibanze baherutse gutorwa bazasenyera umugozi umwe bagamije iterambere n'imibereho myiza y'abaturage, no kwirinda kwegura no kweguzwa bya hato na hato byaranze bamwe mu bababanjirije.

Byagarutsweho kuri uyu wa Kabiri ubwo abayobozi 120 barimo abo mu nzego z'ibanze, Intara n'Umujyi Wa Kigali basozaga inyigisho bari bamazemo amezi atatu bakarishya ubwenge mu ngeri zitandukanye harimo imiyoborere myiza, imikoranire y'inzego, gukorana n'itangazanakuru n'ibindi.

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney avuga ko aya mahugurwa agamije gufasha by'umwihariko abayobozi bo mu nzego z'ibanze baherutse gutorwa kurushaho kuzuza inshingano batorewe.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage