AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

PEREZIDA YIJEJE AB’I MUSANZE IBISUBIZO KU BIBAZO BAMWERETSE

Yanditswe May, 09 2019 13:15 PM | 8,080 Views



Perezida wa Repubulika Paul  Kagame yijeje abaturage ba Musanze yasuye kuri uyu wa Kane  igisubizo kirambye ku kibazo cy'amazi ava mu birunga akangiza ibikorwa by'abaturage.

Mu ruzinduko rwe mu karere ka  Musanze, umukuru w'igihugu yongeye kunenga abayobozi badashyira mu bikorwa ibiba byumvikanyweho ashimangira ko abayobozi nk'aba batazihanganirwa.


Yagarutse cyane cyane ku  bikorwa remezo by'itumanaho, imbuto ndetse n'isakaro rya fribro ciment aho yavuze ko hashize imyaka isaga 10 hanzuwe ko iri sakaro risimburwa ariko kuri ubu rikaba rikigararaga by'umwihariko no muri aka agace yasuyemo abaturage.


Ku rundi ruhande ariko umukuru w’igihugu yagarutse kukibazo cy’umwanda yibutsa abaturage ko kuwurwanya bidakeneye abaterankunga.

I Busogo mu karere ka Musanze n'abakarere ka Nyabihu bari bakereye kwakira Perezida wa Repubulika no kumva impanuro ze.

Yaherukaga muri aka gace mu myaka ikabakaba 2 ubwo yari yaje mu bikorwa byo kwiyamamaza ndetse asezeranya abaturage ko azagaruka ku basura.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage