AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry'Igihugu n'irya EAC yurutswa akagezwa hagati mu rwego rwo kunamira Perezida Nkurunziza

Yanditswe Jun, 13 2020 07:12 AM | 14,871 Views



Mu rwego rwo kwifatanya na Guverinoma n'Abavandimwe b'Igihugu cy'abaturanyi cy'u Burundi mu kunamira uwari Umukuru w'icyo Gihugu Nyakubahwa Petero NKURUNZIZA; 

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Nyakubahwa Paul KAGAME, yategetse ko Ibendera ry'u Rwanda n'iry'Umuryango w'Afurika y'Iburasirazuba, ari mu Rwanda, yururutswa kugeza hagati, uhereye tariki ya 13 Kamena 2020 kugeza igihe Nyakwigendera Perezida Petero NKURUNZIZA azashyingurirwa. 

Dukomeje kwifatanya n'Abarundi bose n'umuryango wa Nyakwigendera muri iki gihe cy'akababaro. 

Bikorewe i Kigali, ku wa 13 Kamena 2020.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage