AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Perezida wa Repubulika arakomeza uruzinduko rwe mu karera ka Rubavu

Yanditswe Mar, 25 2016 10:32 AM | 3,404 Views



Kuri uyu wa gatanu Perezida Wa Repubulika arakomeza uruzinduko rwe mu karera ka Rubavu mu ntara y'iburengerazuba muri gahunda yo kwegera abaturage.

Umukuru w'igihugu arasura abaturage bo mu murenge wa Mudende muri aka karere nyuma yo gusura abo mu karere ka Gakenke mu ntara y'amajyaruguru kuri uyu wa kane.

Biteganijwe ko Perezida Paul Kagame aza kugirana ibiganiro n'abavuga rikijyana bo mu karere ka Rubavu.

Umukuru w’Igihugu kandi arasura abaturage ba Nyundo, muri urwo ruzinduko ruzasozwa kuwa Gatandatu w’iki cyumweru.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage