AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

RBC igiye gutanga imiti ya SIDA itarebeye ku basirikare barinda uyirwaye

Yanditswe Jun, 23 2016 10:07 AM | 3,727 Views



U Rwanda rugiye gushyiraho gahunda nshya yo gutanga imiti igabanya ubukana bwa virus itera sida, hatitawe ku mubare w'abasirikari uyifite asigaranye mu mubiri, kugira ngo atangire imiti agifite imbaraga. 

Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima RBC kivuga ko iyi gahunda izatangira gushyirwa mu bikorwa mu kwezi gutaha, izarinda abantu kuzahazwa na virus itera Sida.

Iyi gahunda nshya ije yunganira uburyo bwari busanzwe aho umuntu ufite virusi itera Sida yatangiraga gufata imiti igabanya ubukana hagendewe ku kuba abasirikare b'umubiri batangiye gucika intege.

Kuri ubu gufata imiti bitangira umuntu abasirikare be bagifite ubudahangarwa kugira ngo agumane imbaraga. Gusa bamwe mu baturage bavuga ko hari bamwe bagifite imyumvire yo kutipimisha ngo bamenye uko bahagaze ndetse abandi bagatinya gufata imiti igabanya ubukana.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage