AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Sénégal: Macky Sall yashimiye Bassirou Diomaye Faye watsinze amatora y'Umukuru w'Igihugu

Yanditswe Mar, 25 2024 17:55 PM | 65,161 Views



Perezida wa Sénégal, Macky Sall, yashimiye Bassirou Diomaye Faye, kugeza ubu imibare igaragaza ko ari we watsinze amatora y'Umukuru w'Igihugu hejuru ya 50%.

Diomaye ahagarariye Ishyaka Pastef (Patriotes Africains du Sénégal pour Travail, Ethique et la Fraternité) ritavugaga rumwe n’ubutegetsi bwe, yatsinze aya matora yabaye ku wa 24 Werurwe 2024, ahigitse abarimo Amadou Ba wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu.

Bassirou Diomaye Faye w'imyaka 44, yatsinze aya matora nyuma y'iminsi 10 gusa avuye muri gereza, aho yari akurikiranweho ibyaha birimo gusebanya no kugerageza guhirika ubutegetsi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage