Yanditswe Oct, 31 2021 12:12 PM | 55,071 Views
Kuri iki
cyumweru, Umujyi wa Kigali wasinyanye amasezerane y’ubufatanye n’ikigo mpuzamahanga giharanira kurengera
ibidukikije (GGGI), agamije gufatanya mu kurengera ibidukikije mu mujyi wa
Kigali.
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudance Rubingisa avuga ko aya masezerano ari itangiriro ry’urugendo bazakorana n'iki kigo mpuzamahanga mu kurushaho kugira Kigali umujyi utabangamira ibidukikije.
Aya masezerano akaba yanahujwe no kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’imijyi wijihijwe kuri iki cyumweru.
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yavuze ko kwizihiza uyu munsi byahujwe no kongera ibikorwa byo kubungabunga ibidukikijem hagamijwe kurushaho kugira Kigali umujyi ubereye guturwamo kandi ukurura ba mukerarugendo, akaba yasabye abatuye uyu mujyi kurushaho kugira uruhare mu kubungabunga ibidukikije kuko aribyo bizabafasha kubarinda ingaruka z'ihinduka ry’ikirere.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru