AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

Kibeho: Imyaka 35 irashize habereye ibonekerwa rya mbere

Yanditswe Nov, 27 2016 16:45 PM | 4,813 Views



Mu gihe habura amasaha make Ngo kiliziya gatorika yizihize  isabukuru y'imyaka 35 y'amabonekerwa ya kibeho, kuri iki gicamunsi imbaga y'abakristu n'abandi bake mu rugendo nyobokamana bamaze kuhagera n’ubwo itariki nyirizina itaragera. Ku itariki ya 28/11/1981 nibwo Alphonsine Mumureke wigaga muri college ya Kibeho yabonekewe na Bikira Mariya.

Ibihumbi by'abitabiriye kwizihiza iyi sabukuru yaba abanyarwanda n'abanyamahanga bari mu Masengesho abandi bava cyangwa bajya ku Isoko y'amazi ya Bikira Mariya:gusa ntibyoroshye kubona ayo mazi kubera ubwinshi bw'abayakeneye. Abanyarwanda n'abanyamahanga bakora ingendo nyobokamana I Kibeho basanga kwizihiza iyi sabukuru biyiziye ahabereye amabonekerwa bituma babasha guhamya no kwibonera aho ibyo amabonekerwa yabereye aho gukomeza kubibwirwa gusa.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage