AGEZWEHO

  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...
  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda

Yanditswe Jan, 23 2017 20:52 PM | 1,231 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame avuga ko iterambere u Rwanda rugeraho rubikesha kugira politiki nziza no gukorana n'abandi bityo ngo ruzakomeza gufatanya n'ibihugu bitandukanye mu myaka iri mbere hagamijwe gukomeza guharanira kubaho neza kw'abanyarwanda. Ibi yabitangaje ubwo yakiraga ku meza abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda no kubifuriza umwaka mushya.

Abifurijwe umwaka mushya na Perezida wa Republika ni abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda baba abafite icyicaro i Kigali cyangwa ahandi, abahagarariye imiryango mpuzamahanga nka Loni, umuryango w'ubumwe bw'i Burayi ndetse n'abayobozi bakuru b'igihugu mu nzego zose.

Umukuru w'igihugu yavuze ko umwaka ushize u Rwanda rwakoze ibikorwa biteza imbere igihugu byinshi kandi ashima uruhare rukomeye ibihugu bitandukanye byagize muri ibyo bikorwa.

Inkuru mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage