Yanditswe Jan, 26 2017 22:49 PM | 1,438 Views
Perezida wa Republika Paul Kagame yakiriye mu biro bye itsinda ry'abanya
Nigeria basozaga uruzinduko rw'iminsi 2 bari bamazemo mu Rwanda. Ministre
w'itumanaho muri Nigeria, Adebayo Abdul-Raheem Shittu, uyoboye iri tsinda yatangaje
ko asanga hari ibyo igihugu cye ndetse n'ibindi bya Afrika byakwigira ku Rwanda nk'ikoranabuhanga
n'imiyoborere myiza.
Ministre w'urubyiruko n'ikoranabuhanga w'u Rwanda Jean Philbert Nsengimana
asanga uruzinduko nk'uru rufasha mu guhanahana ubumenyi ariko anongeraho ko nta
cyashoboka hatabayeho ubufatanye bw'ibihugu .
Nigeria isanzwe ifitanye umubano ukomeye n'u Rwanda kuko ibihugu byombi bifite ababihagarariye. Byongeye kandi u Rwanda rwohereza buri mwaka muri Nigeria abanyeshuri bajya kwiga mu mashami atandukanye. Iri tsinda ryasuye ibigo by'ikoranabuhanga binyuranye ndetse n'urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali.
Inkuru mu mashusho:
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru