Yanditswe Nov, 18 2016 18:02 PM | 869 Views
Prezida wa repubulika Paul Kagame yakiriye itsinda ry'abayobozi b'amasosiyete atandukanye bakiri bato ku isi (Young Presidents Organization) barimo gusura u Rwanda. Abagize iri tsinda baravuga ko hari imishinga myinshi cyane cyane ishamikiye ku kwegereza abaturage amashanyarazi bagomba kugiramo uruhare kdi ngo hari n'amahirwe menshi y'ishoramari ari mu Rwanda.
Itsinda rya bamwe mu bagize ry'abayobozi rigizwe n'abantu 17 baturutse hirya no hino bmu bihugu bitandukanye birimo leta zunze ubumwe za amerika, Israel, Hongkong, Ecosse, Austarlia n'ibindi. Yariv Kohen uyoboye iri tsinda asobanura ko impamvu nyamukuru y'urugendo rwabo ari ukureba amahirwe ari mu Rwanda dore ko abenshi ari ubwa mbere bahageze.
Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'iterambere/RDB Francis Gatare wari kumwe n'aba bashoramari mu nzego zinyuranye avuga ko hari byinshi abagize iri tsinda bemereye prezida wa repubulika bifuza gukorera mu Rwanda.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru