AGEZWEHO

  • Burera: Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...
  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye urubyiruko ruhuriye mu muryango wa 'Young Presidents'

Yanditswe Nov, 18 2016 18:02 PM | 869 Views



Prezida wa repubulika Paul Kagame yakiriye itsinda ry'abayobozi b'amasosiyete atandukanye bakiri bato ku isi (Young Presidents Organization) barimo gusura u Rwanda. Abagize iri tsinda baravuga ko hari imishinga myinshi cyane cyane ishamikiye ku kwegereza abaturage amashanyarazi bagomba kugiramo uruhare kdi ngo hari n'amahirwe menshi y'ishoramari ari mu Rwanda.

Itsinda rya bamwe mu bagize ry'abayobozi rigizwe n'abantu 17 baturutse hirya no hino bmu bihugu bitandukanye birimo leta zunze ubumwe za amerika, Israel, Hongkong, Ecosse, Austarlia n'ibindi. Yariv Kohen uyoboye iri tsinda asobanura ko impamvu nyamukuru y'urugendo rwabo ari ukureba amahirwe ari mu Rwanda dore ko abenshi ari ubwa mbere bahageze.

Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'iterambere/RDB Francis Gatare wari kumwe n'aba bashoramari mu nzego zinyuranye avuga ko hari byinshi abagize iri tsinda bemereye prezida wa repubulika bifuza gukorera mu Rwanda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage