AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

Polisi irasaba abaturage kugira amakenga birinda kwibwa mu buryo bw'itumanaho

Yanditswe Oct, 24 2017 20:42 PM | 2,725 Views



Abaturage barakangurirwa kugira ubumenyi, amakenga, n'ubushishozi muri za serivise zitangwa hakoreshejwe ikoranabuhanga kuko ubujura bukomeje kugaragara cyane cyane muri serivise zo kohererezanya amafaranga.

Umuvugizi wa polisi y'igihugu ACP Theos Badege yatangarije RBA ko mu gihe cy'umwaka ushize ibyaha byakusanyijwe ku buriganya bwakoreshejwe muri iri koranabuhanga bingana na 73 ariko bigenda bigabanuka uko bagenda bahangana n'ababikora.

 Abaturage barasabwa kugira uruhare mu kumenyekanisha amakuru y'ababa babyihishe inyuma kugirango bakurikiranwe n'inzego z'ubutabera.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage