AGEZWEHO

  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...
  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...

Sena irasaba komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge kugaragaza abafite ingengabitekerezo

Yanditswe Oct, 27 2016 14:52 PM | 2,665 Views



Bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko umutwe wa Sena barasaba komisiyo y'igihugu y'ubumwe n'ubwiyunge gushyira ahagaragara abantu bagaragaweho n'ingengabitekerezo ya Jenoside aho kugaragararira mu mibare gusa.

Ubwo yagezaga raporo y'ibikorwa by'umwaka 2015/2016 komisiyo y'igihugu y'ubumwe n'ubwiyunge yavuze ko abayigaragaweho bakurikiranwa

Imibare igaragazwa na komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge nuko ubwiyunge mu Rwanda buhagaze kuri 92.5. Gusa 25 ku ijana by'abanyarwanda baracyagaragarwaho n'ingengabitekerezo ya Jenoside ndetse n'amacakubiri.

Perezida wa Komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge Bishop John RUCYAHANA avuga ko usibye mu bitekerezo ngo uwo byagaragaweho arahanwa.

Byinshi mu bikorwa byakozwe byibanze ku biganiro bishyigikira Gahunda ya Ndi Umunyarwanda,gukora ubuvugizi ku kurangiza imanza zo mu nkiko za gacaca ndetse n'imitungo y'imfubyi za Jenoside n'ibindi. Mu mwaka ushize 2015/2016 Komisiyo y'igihugu yari ifite ingengo y'imari ya miliyoni 800 z'amafranga y'u Rwanda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage