AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

AMB. MUJAWAMARIYA YATUMIWE MU MUNSI W'INTSINZI UBA MU BURUSIYA

Yanditswe May, 09 2019 13:48 PM | 13,711 Views



U Rwanda rwatumiwe mu muhango w'umunsi w'intsinzi i Moscou mu Burusiya, umuhango ubamo imyiyereko y'ingabo ndetse n'imurika ry'ibikoresho bya gisirikare bigaragaza ubushobozi bw'igisirikare cy'Uburusiya.

U Rwanda rukaba ruhagararariwe muri ibyo birori na Amb. Mujawamariya J.A., ndetse na Col Gashayija Emmanuel ushinzwe umubano mu bya gisirikare muri Ambassade yacu i Moscow.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage