AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

Kigali: Biravugwa ko 'Car Free Day' yaba itangiye gucika intege

Yanditswe Aug, 14 2016 17:42 PM | 3,309 Views



Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali bavugako igikorwa ngaruka kwezi cya siporo kimaze amazi atatu gitangijwe n'umujyi wa Kigali cyaba gitangiye gucika  intege kitaratera kabiri  naho abandi bakavuga ako ngo ahubwo iki gikorwa kigenda kigira imbaraga kurusha uko cyatangiye.

Kuri bamwe mu  batuye umurwa mukuru w'u Rwanda ngo kugenda mu muhanda utikanga ibinyabiziga birashimishije cyane kuko binatanga umwanya wo kurushaho kwitegereza uburanga bw'umujyi wabo.Uretse ni ibyo kandi muri iki gikorwa habaho no kwisuzumisha indwara zitandura  kuzikumira no kugabanya ubukana bwazo binyuze mu myitozo ngororamubiri.

Kuri ubu umujyi wa Kigali umaze gushyira mu mihigo ibijyanye no gukangurira abaturage gukora siporo igikorwa kigomba kwitabwaho n'inzego z'ubuyobozi kugeza ku rwego rw'umudgudu.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage