AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

U Rwanda na Zimbabwe mu masezerano y'ubufatanye mu nzego zinyuranye

Yanditswe Sep, 28 2021 11:17 AM | 56,356 Views



U Rwanda na Zimbabwe bimaze gushyira umukono ku masezerano y'ubufatanye mu nzego zinyuranye, zirimo guteza imbere ubuhinzi n'ubworozi,ibidukikije n'imihindagurikire y'ikirere, ikoranabuhanga, ubukerarugendo.

Inganga z'abikorera na zo zasinyanye amasezerano y'ubufatanye.

Aya masezerano akaba yasinyiwe mu nama ku bucuruzi n'ishoramari hagati y'u Rwanda na Zimbabwe. Ni inama y'iminsi 3 irimo kubera muri Kigali Convention Centre ikaba yitabiriwe n'abayobozi mu nzego za Leta n'abagize inzego z'abikorera ku mpande zombi.

U Rwanda rufite Ambasade muri Zimbabwe n'indege yarwo yerekeza i Harare. Ibicuruzwa Zimbabwe yohereje mu Rwanda mu myaka ya 2019-2020 byari bifite agaciro ka miliyoni 15.9 z'amadolari, mu gihe ibyo u Rwanda rwohereje muri icyo gihugu byari bifite agaciro k'ibihumbi 113.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage