AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

Impuguke zisanga ibitekerezo by’ubuhezanguni ari inzitizi ku ihame ry’uburinganire

Yanditswe Nov, 16 2020 10:07 AM | 166,908 Views



Impuguke mu by’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagabo n’abagore barasaba abantu b’ingeri zose kwirinda imyumvire ishobora gutuma iri hame ryumvikana nko guhangana hagati y’abagabo n’abagore.

Abatungwa urutoki ni abiyita impirimbanyi barangwa n’ubuhezanguni buturuka mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi.

Kuva politiki y’iterambere ry’uburinganire n’ubwuzuzanye yatangira mu Rwanda impinduka zishingiye ku ruhare rw’abagore mu iterambere ry’igihugu zigaragarira mu nzego zose z’imirimo.

Ni impinduka zigaragarira no mu mibereho ya buri munsi y’umuryango nyarwanda, ibintu Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof. Jeannette Bayisenge avuga ko bitanga icyizere cy’ejo hazaza.

Ku rundi ruhande ariko imyumvire ya bamwe ku ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagabo n’abagore iracyari hasi ku buryo hari n’ababifata nk’ihangana hagati y’ibitsina byombi. Kuri ubu bene iyi myumvire inakwirakwizwa hifashishijwe imbuga nkoranyambaga.

Inkuru irambuye


Divin UWAYO 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage