AGEZWEHO

  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...
  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...

Abanyarwanda baba muri Mozambique bakoze umuganda rusange mu kwizihiza umunsi wo kwibohora

Yanditswe Jul, 03 2022 17:50 PM | 155,305 Views



Abanyarwanda baba i Maputo muri Mozambique n'inshuti z'u Rwanda zo muri icyo gihugu, bakoze umuganda rusange mu rwego rwo kwizihiza umunsi wo kwibohora. 

Ambasaderi w'u Rwanda muri Mozambique, Nikobisanzwe Jean Claude avuga ko gukorera umuganda muri iki gihugu biri mu rwego rwo kumenyekanisha umuco nyarwanda mu mahanga.

Yagize ati "Iki gikorwa kiri mu muco nyarwanda kuko buri kwezi dukora icyo twita umuganda, umuganda rero akaba ari igikorwa gihuriza hamwe abaturage buri kuwa 6 wa nyuma w’ukwezi. Tukaba natwe twaratangije bene iki gikorwa hano, ubu ni ubwa 3 dukoze umuganda i Maputo, twatumiye n’incuti zacu z’abanyamozambike, ni yo mpamvu mubona hari umubare munini w’abitabiriye harimo n’abanyamozambike."

Uyu muganda waranzwe no gutera ibiti mu murwa mukuru Maputo. 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage