Yanditswe Dec, 30 2017 23:12 PM | 7,102 Views
Akanama gashinzwe gutegura amatora muri Ferwafa kemeje ko kuba nta mukandida washoboye gutsinda amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu, komite yari isanzweho iyobowe na Nzamwita Vincent De Gaulle izakomeza imirimo yayo kugeza habaye andi matora.
Ibi byabaye nyuma y'uko Nzamwita Vincent de Gaule avanyemo kandidature ye,
umukandida bahataniraga uyu mwanya Rwemalika Felicite ntiyagejeje ku majwi
akenewe ngo atorwe.
ICYO ABANTU
BATANDUKANYE BAVUGA KU MATORA YIMUWE
Bamwe mu bakunda umupira w'amaguru n'abakurikirana ibyawo igihe kinini, baravuga ko batunguwe no kuba umwaka urangiye nta matora y'umuyobozi mushya wa Ferwafa abaye kandi bari babyiteguye.
Gusa ngo uzatorwa wese azaharanire kuzamura impano z'abana kugirango abanyarwanda bongere gukunda umupira w'amaguru no kugaruka ku bibuga, no gutegura neza ikipe y'igihugu izitabira imikino ya CHAN izatangira mu kwezi gutaha.
Constantine yongeye kugira inyota yo kugaruka gutoza Amavubi
Mar 23, 2022
Soma inkuru
Olivier Nizeyimana yatorewe kuyobora FERWAFA, uko amatora yagenze
Jun 27, 2021
Soma inkuru
Ikigo cy’ igihu cy’ itangazamakuru RBA cyasinyanye amasezerano y’ ubufatanye n&rsq ...
Nov 03, 2020
Soma inkuru
The 69th FIFA Congress convened, on Wednesday, in Paris and, by acclamation, re-elected Gianni Infan ...
Jun 05, 2019
Soma inkuru
Umuyobozi w'iterambere ry'umupira w'abagore mu ishyirahamwe ry'umupira w'am ...
Aug 08, 2017
Soma inkuru
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryareze Ikipe ya Uganda y'abatar ...
Apr 28, 2016
Soma inkuru