AGEZWEHO

  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...
  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...

MININFRA yasinye imihigo yo kwagura no kubungabunga ibikorwa remezo

Yanditswe Oct, 17 2017 20:47 PM | 6,078 Views



Minisiteri y'ibikorwa remezo n'ibigo biyishamimiyeho basinye amasezerano y'imihigo  aho ngo hashyizweho ingamba zizatuma hubahirizwa ireme n'agaciro k'ibikorwa biba byitezwe byumwihariko ngo hirindwa kurya ubugari cyangwa uburebure bw'imihanda.

Imwe mu miyoboro migari y'amashanyarazi ihuza u Rwanda n' ibihugu byo muri aka karere yamaze kubakwa. Mu ntangiriro iyi miyoboro yagaragazwaga nk'ibereyeho kuzakira amashyanyarazi aturuka mu bihugu bya Kenya na Ethiopia mu rwego rwo gufasha u Rwanda kwikungahazaho ingufu z'amashanyarazi ariko ubu igitekerezo cyamaze kwaguka.

Imihigo ya Minisiteri y' ibikorwa remezo muri uyu mwaka igaragaza ko ingo zisaga ibihumbi 190 zizagezwaho amashanyarazi aturuka ku murongo mugari naho zisaga ibihumbi 90 zikabona aturuka ku zindi ngufu nk'imirasire y' izuba mu gihe muri ruasnge abagerwaho n'zingufu bamaze kugera kuri 40.7%.

Ibijyanye no gutwara abantu n' ibintu Rwandair izava ku bantu basaga ibihumbi 700 itwara ku mwaka igere ku barenga miliyoni kandi ngo uyu mwaka uzasiga imirimo yo kubaka ikibuga cy' ingege cya Bugesesra igeze kuri 20% ivuye kuri 5%.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage