AGEZWEHO

  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...
  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...

Undi musirikare wa Congo yaguye mu birindiro by'ingabo z'u Rwanda

Yanditswe Jun, 27 2016 07:53 AM | 1,838 Views



Rubavu- Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yarasizwe ku birindiro by’ingabo z’u Rwanda biri mu kagari ka Rutagara mu murenge wa Rubavu ubwo yahinjiraga mu buryo bunyuranije n’amategeko ndetse banamuhagarika akanga guhagarara.

Umurambo w’uyu musirikare ukaba washyikirijwe igihugu cya Congo kuri uyu wa gatandatu. Mu gihe ubuyobozi bw’itsinda ry’ingabo rishinzwe kugenzura uko amahoro yubahirizwa mu bihugu bituriye ibiyaga bigari  (JVM) bwo bwirinda kugira icyo butangaza kuri iki kibazo.

Reba inkuru yose mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage